NEWS

Hon.Peter Fahrenholtz, Ambassador of Federal Republic of Germany in Rwanda-Kigali paid a visit to the Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour.

The Chancellor Hon. Dr. HABUMUREMYI Pierre Damien and the Executive Secretary Mr NKUSI Déo, explained to the Ambassador about the functioning of the...

Read more...

Nyakubahwa Peter Fahrenholtz, Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda yasuye Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe.

Nyakubahwa Dr.HABUMUREMYI Pierre Damien na Bwana NKUSI Déo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego, mu kiganiro kirambuye ku mikorere y’Urwego,...

Read more...

KUBA HARASHYIZWEHO KOMISIYO ISHINZWE GUTORANYA INTWARI UMWAKA UMWE NYUMA YA JENOSIDE, BIGARAGAZA AGACIRO K’UMUCO W’UBUTWARI MU BANYARWANDA. MINISTER UWACU

Kuri uyu wa gatatu tariki 18 Ugushyingo 2015, ubwo yasuraga Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe,kimwe mu bigo...

Read more...

Umunsi w’Intwari 2016: Imyiteguro yatangiye

kuri uyu wa kane tariki 29 Ukwakira 2015,mu cyumba cy'inama cya Minisiteri ya Siporo n'Umuco, hateraniye inama ihuza Urwego rw'Igihugu Rushinzwe...

Read more...

Ibikorwa byakozwe na MINISPOC n’ibigo biyishamikiyeho mu rwego rwo kwibuka abahoze ari abakozi ba MIJEUMA n’abateje imbere umuco na Siporo

Kuri uyu wa gatanu, tariki 19 Kamena nibwo MINISPOC n’ibigo biyishamikiyeho bibutse abahoze ari abakoze ba MIJEUMA (minisiteri y’Urubyiruko...

Read more...

UMUCO W’UBUTWARI, IKIRANGO CY’ABANYARWANDA

Ikigo cy’urubyiruko cya Kimisagara giherereye mu mujyi wa Kigali, mu murenge wa Kimisagara kikaba ari ikigo cya  Ministeri y’Urubyiruko...

Read more...

Clubs z’umuco w’ubutwari zirakataje mu mashuri ya Rubavu na Nyabihu

Club z’umuco n’ubutwari mu Karere ka Rubavu na Nyabihu, zifasha abanyeshuri guhura bakaganira ku ndangagaciro zo gukunda Igihugu, no guharanira...

Read more...

“Ubumenyi tuboneye aha, bwiyongera kubwo dusanganywe, buzadufasha kurangiza neza inshingano” Jean Pierre BIZIMANA (Uhagarariye abandi banyeshuri)

Abanyeshuri 470 bari guhabwa amasmo ya gisirikare y’icyiciro cya kadete mu ishuri rya gisirikare rya Gako, kuri uyu wa 10 Gicurasi 2015 basuye...

Read more...

MURI KOPERATIVE CAPLAKI BUMVA GUTE UMUCO W’UBUTWARI?

CAPLAKI ni koperative y’abahanzi n’abanyabugeni ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Rugunga

Aho koperative CAPLAKI ikorera mu Rugunga

Na...

Read more...

Nyanza na Huye bafite uko bumva ubutwari

Mu rugendo abakozi b’Urwego rw’igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe, ishami ry’ubushakashatsi bagiriye mu Karere ka Nyanza...

Read more...